Upatikanaji viungo

Breaking News
Ijumaa, Aprili 19, 2024 Local time: 21:31

(Burundi) Marcel Mutsindashyaka, Umwe mu Barangije Porogaramu YALI


Marcell
Marcell

Mu mwaka wa 2014, Bwana Marcel Mutsindashyaka ni umwe mu Banyarwanda batandatu bari muri gahunda YALI yashyizweho na Perezida Barack Obama wa Leta zunze ubumwe z’Amerika kugirango ihugure urubyiruko rw’Afrika kwishakira ibisubizo.

Uyu munyarwanda Marcel Mutsindashyaka yashinze kandi ayobora ikigo cy’ikoranabuhanga n’itangazamakuru kitwa “UMUSEKE IT Ltd”.

Mutsindashyaka yatangarije Ijwi rya Amerika ko gahunda ya YALI yatumye ikigo cye kimenyekana mu ruhando mpuzamahanga. Ni ikiganiro yagiranye n’umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika mu Rwanda Eric Bagiruwubusa.

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:31 0:00
Kiungo cha moja kwa moja

XS
SM
MD
LG